Kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Gashyantare 2021 , hifashishijwe ikoranabuhanga habaye inama y’abaminisitiri yari iyobowe na Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame. Muri iyi nama hemejwerejwemo ko Amashuri yose agiye gufungura , amasaha yegezwa hejuru.
Ibi nibyo byavuye mu nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook