Dj Pius na Bruce Melody ni bamwe mu bahanzi bakomeye cyane akaba ari na bamwe mu bahanzi bamaze kwigarurira imbaga nyamwinshi y’abantu hano mu Rwanda.
Ni indirimbo yumvikanamo imyitwarire y’urubyiruko rw’iki gihe, aho mu magambo yabo bagira bati” Abakobwa bafite ubushyuhe n’abasore bafite ubushyuhe”.
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook