KANDA HANO UREBE VIDEO
Mc Tino ni umusore ukomeje kwitwara neza mu muziki nyarwanda dore ko mu minsi ishize yanatangaje ko agiye kuzajya ashyira hanze indirimbo nshya buri kwezi,kuri ubu uyu musore yamaze kuba yashyira hanze indirimbo ye nshya “My Lover”yafatanyije n’umusore ukomoka mu igihugu cya Jamaica witwa Javada.
Uyu musore w’umunyajamaica ni umwe mubasore bahagaze neza muri icyo gihugu dore ko yanagiye akorana n’abahanzi bakomeye cyane kurwego rw’Isi nka Christopher Martin uyu bakaba barakoranye indirimbo yitwa Oh Oh Na Na, usibye uyu ariko yanakoranye na Konshens n’abandi benshi bakomeye.
Amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe akanatunganywa na Fayzo umwe mubasore bari gukorana n’abahanzi nyarwanda neza muri iy’iminsi.
Reba amashusho y’indirimbo “My Lover” ya Tino afatanyije na Javada
Richard [email protected]