Myugariro wa Arsenal FC David Luiz yageze i Kigali aho agiye kugirira uruzinduko ruzamara iminsi ibiri.
Kuri uyu mugoroba nibwo uyu munyabrezile yasesekaye ku kibuga kindege cya kigali aho bitganijwe ko guhera uri uyu wa Gatanu yerecyeza mu karere a Musanze gusura Parike y’ibirunga.

Akigera mu Rwanda bumwe mu butumwa yahaye abanyarwanda abunyujije ku mbugankoranyambaga akoresha. Yagize ati: “Ndabashimiye uburyo mwanyakiriye mu Rwanda, nishimiye kuba ndi i Kigali #visitrwanda.” – David Luiz
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook