KANDA HANO UREBE VIDEO
Ambasade ya Amerika ikorera mu Rwanda ,yagize icyo itangaza kubihuha bimaze iminsi bicaracara ko Trump yaba yaravaniyeho Abanyarwanda Viza yerekeza muri icyo gihugu(USA)
Muminsi itarimike ,kumbuga koranya mbaga havugwaga igihuhako Perezida wa USA Donald Trump yaba yasinye itegeko rivaniraho abanyarwanda Viza ,bakaba batemberera muri icyogihugu ukobashatse,ikigihura cyaturutse kukinyamakuru USA Television ,ikikinyamakuru cyavugagako Abanyarwanda bemerewe gutemberera mugihugu cya Amerika nta Viza bishyuye mugihe nkingana namezi atandatu,mugihe bagiye gusura icyo gihugu cyangwa bari murigahunda z’ubucuruzi (business)
Dore Itangazo ambasade ya USA ikorera mu Rwanda yashyize hanze(ahagaragara)
Iyi Ambasade ya USA ikorera mu Rwanda ,ibinyujije kurubuga rwayo rwa Facebook,yatanze ubutumwa kubanya Rwanda ivugako kujya mugihugu cya USA ari ibisanzwe ari ukubanza gushaka Viza nk’uko byari bisanzwe.
Iyi Ambasade yongeye ibasaba ko kujya USA ari ukuba ufite ibyangombwa bihagije basanga kuri rw.usembassy.gov.
Ibi bivuzwe nyuma yuko Trump yari amaze iminsi asinye itegeko rivugako hari ibihugu bimwe nabimwe abaturage babyo batemerewe kujya USA numa yamezi atatu ari imbere ,ibyo bihugu ninka:Sudan, Syria, Yemen, Iran, Iraq na Somalia .
Icyo cyemezo nticyumviswe neza hirya nohino ku Isi ndetse n’ubucamanza yanga gushigikira ikicyemezo,aho yaje kwibasirwa nuyu mukuru w’Igihugu anamubwirako nihagira umugizi wanabi uzinjira USA azabibazwa akanabiryozwa.
Richard Uwizera
Andika Hano icyo uvuga kuri iyi nkuruiyi nkuru ntiyuzuye rwose kuko iryo tangazo ntaryo mwerekanye bityo byaba ntashingiro bifite kd inkuru yose ishingira kubimenyetso sawa mubikore murishyireho