Silidile Ntuli, umuforomokazi wo mugihugu cya Afurika y’epfo mu mujyi wa Pretoria akomeje gutungura benshi kubera kugaragaza imiterere y’ikibuno cye.
Uyu mugore ukora akazi ko kuvura abantu, avugako ubu ari mubiruhuko by’iminsi mikuru akaba ariyo mpamvu yahisemo kwigaragaza kuko ngo amaze igihe yipfukiranye mu mashashi yambarwa n’abaganga

Silidile Ntuli ahamyako uyu ariwo mwamya myiza wo kugaragaza imitere y’umubiri we kuko ngo ubwiza bwe ntibugaragara iyo yambaye imbambaro yambarwa n’abaganga.
Munkuru Ibyamamare.com dukesha ikinyamakuru Pritonews cyandikirwa muri Afurika y’epfo, batangajeko, uyu mugore yashyize hanze uruhererekane rw’amafoto menshi agaragaza imiterere y’ikibuno cye asaba abagabo kumubwira uko bamubona ndetse aba bishoboye bagahitamo amafoto aryoheye amaso yabo kurusha andi.

Nkuko iki kinyamakuru gikomeza kibitangaza ngo uyu mugore ibi yabikoze murwego rwo gukoresha neza ikiruho cy’ibyumweru bibiri afite cy’iminsi mikuru.
Uyu mugore nubwo yakunze kugaragara ashyira hanze amafoto amugaragaza imiterere ye hari abatarabyishimiye bakamunenga cyane bavugako imico ari kugaragaza idakwiriye umuganga kuko ari umuntu unyurwaho n’abantu benshi mukazi ke ka buri munsi.

Mubutumwa uyu muganga yatanze avugaka kubanenga uburyo yigaragaza yagize ati: “Nishimiye uwo ndiwe, ibi ndabikora ngo nduhuke kuko nari maze iminsi nipfunyitse mu mashashi, ndabizeza ko nzakomeza kurokora ubuzima bwa benshi.”


Nkumuganga yakitwaye neza biriya ntibikwiye Kuri Muganga unyurwaho na buri umwe wese aradusebeje kbs niba amaze igihe yirinze kubera imyambaro yambaye yarakwiye kujya kuruhuka aterekanye bimwe mubice bigize umubiriwe gusa hariya aradusebeje nkabaganga ahubwo ashaka umugabo yarikuvugako amukeneye ariko ntiyiyandagaze nkamuganga njyewe biriya simbyemeye