-
Hari amafunguro menshi atandukanye umuntu w’igitsina gabo aba agomba gufata kugira ngo arusheho kugira ubuzima bwiza kandi akamufasha kuzuza...
-
Mugihe uganiriza umukunzi wawe hari amagambo amwe namwe ushobora gukoresha bikagaragara ko ufite imico itari myiza bikaba byanatuma akunyuzamo...
-
Benshi mu bagabo usanga bahorana urwicyekwe mu gihe bamaze gutera akabariro bacyeka ko baba batitwaye neza mu buriri ngo bashimishe abagore babo...
-
Niba rero uri umusore ukaba wumva ugeze igihe cyo kugira umukobwa w’inshuti, ni ukuvuga umukobwa mwagirana ubucuti budasanzwe (Girlfriend), hari...
-
Hari ubwo umuntu akora ubukwe ariko bigasa n’aho atabyumva neza ndetse bikaba bitamurimo asa n’utazi ibyo arimo nyuma y’igihe gito abanye n’uwo...
-
Mu bintu by’ibanze bishimisha abagore habamo kwitabwaho, guteteshwa, ariko byumwihariko iyo umugabo yitwaye neza mu buriri ntacyo wabigereranya...
-
Iyo ukunda umuntu urukundo rw’agahararo, wowe uba wumva umukunda nyabyo kimwe n’uko urukundo rw’ukuri na rwo rujyana n’ibyiyumviro. Urubuga...
-
Iteka usanga abantu bahuje imiterere cyangwa ibyiyumvo hari igihe baba bari kumwe bakaganira ibintu bahuriyeho ariko bifite aho bihuriye n’abo...
-
Kugirango umuhungu n’umukobwa bakundana bakomeze inzira yabo nziza y’urukundo rudasaza, hari ibintu by’ingenzi buri umwe akwiye gukorera undi...
-
Abantu benshi baganira ku bakobwa n’abagore usanga batanga ingero ku bakobwa babona abagabo ndetse n’impamvu zabo, akenshi bavuga ko abagore...
-
Benshi barimo nawe usoma iyi nkuru, bakunze kubona aho umusore akundana n’umukobwa babanye neza ariko ukajya ubona umwe muri bo asa nufite undi...
-
Mbere na mbere niba koko ushaka kongera gukunda nyuma yuko utandukanye n’uwo mwakundanaga urasabwa kubanza kugaruka mu ngingo zimwe na zimwe ku...
-
Akenshi uzasanga abenda gusezerana babazanya ibibazo bitandukanye harimo ibijyanye n’imyenda bazambara mu bukwe bwabo ndetse bumva bafitiye...
-
Mu buzima birasanzwe ko buri kintu cyose kigerwaho binyuze mu nzira runaka. No mu rukundo rero hari intambwe zigomba guterwa kugira ngo...
-
Ku muntu utarasomanaho na rimwe yumva gusomana bigoye, Ariko kandi ni byo. Gusoma umugore, umukobwa, umuhungu cyangwa umugabo bwa mbere...
-
Mu bushakashatsi bwakozwe n’abahanga bo mu Bwongereza, bwerekanye ko imibonano mpuzabitsina igira ingaruka nziza cyane ku buzima bwa muntu. Gusa...
-
Abagore ni kimwe mubiremwa bifite umutima uca bugufi imana yaremye kandi mu mikurire yabo (abagore) ntibakunda ubatera ubwoba cyangwa ngo abuke...
-
Iyo bibaye ngombwa ko haboneka impamvu ifatika yo kuba abakundana batandukana, akenshi usanga abantu bavuga ko nta we ukwiye kwivanga mu byabo,...
-
Hari ijambo rikunze gukoreshwa n’abantu aho baba bagira bati “kunda ugukunda kuko uwo ukunda akunda abandi” gusa abenshi usanga bakoresha aya...