Bikorimana Albert ukoresha amazina y’ubuhanzi [Magic Star] ni umwe mubahanzi bari kuzamuka mu muzikinya Nywarwanda mu ndirimbo zigezweho.
Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru IBYAMAMARE.com yadutangarijeko afite intego yo kwifashisha impano ye mu muziki akamenyekanisha u Rwanda kuruhando mpuzamahanga.
Bikorimana Albert ukoresha amazina y’ubuhanzi [Magic Star] ni umwe mubahanzi bari kuzamuka mu muzikinya Nywarwanda mu ndirimbo zigezweho.Magic avugako yatangiye gukora umuziki mu 2014 kugeza ubu amaze gushyira hanze indirimbo 4 ndetse nizindi ziri muri studio yitegura gushyira hanze mu minsi yavuba.
Mu kiganiro twagiranye yagize ati “Intego mfite murugendo rwanjye rwa muzika ni ugutanga umusanzu mukubaka u Rwanda rwesa imihigo muruhando mpuzamahanga bakamenyako u Rwanda ari igihugu cyaciye muri byinshi rukabirenga rukiyubaka kugeza aho uyu munsi ari igihugu buriwese yishimira”
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook