TWOZA INTEBE, MATELA,AMATAPI N'AMAKARO (Duhamagare cg Utwandikire kuri 0789348058 (Wats app) cg 0784343748 (Call)
============
Rihanna n’umukunzi we, A $ AP Rocky bagaragaye bagiye mu biruhuko aho uyu muhanzikazi avuka muri Barbados mugihe bitegura kwibaruka imfura yabo.
Hari hashize iminsi havugwa inkuru y’itandukana ry’iyi couple ariko baje kwemezako ntacyabatanya ndetse bakomeje kwitegura kwakira umwana wabo wambere.


Ku mafoto yagaragaje iyi couple wabonaga barikumwe bishimanye bafatanye agatoki ku kandi.




Rihanna, yari yambaye bikini itukura inda yose irihanze ari ahantu kunkengero z’amazi, mugihe umugabo we yari mu bwato arikurya iminyenga.
TURAKWAMAMARIZA
Niba uri umucuruzi, umushoramari, Umuhanzi n'abandi bantu bose bifuza kwamamaza, IBYAMAMARE.com turagufasha kwamamaza ibikorwa byawe bigere kubatuye isi yose kuko dusurwa n'abarenga miliyoni 2 buri kwezi, tugukorera inkuru, tukakwamamaza kumbuga nkoranyamba zacu zose harimo facebook, instagram, twiter na Youtube kandi bigakobwa gatatu mu Cyumweru ukwezi kose twamamaza ibyo ukora ndetse dushishikariza abantu kubimenya.
DUHAMAGARE cyangwa utwandikire KURI Wats APP: +250 7830 35616 Cg utwandikire kuri Email : [email protected]
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook