Irene Uwoya, umugore wamamaye nka Oprah muri flime zo muri Tanzania, yakoze ubukwe ugira Gatatu.
Oprah yakoze ubukwe n’umugabo wa Gatatu w’umuzungu nyuma yo gutandukana n’umuhanzi Dogo Janja, na Nyakwigendera, Ndikumana Hamad Kataut, batandukanye bafitanye umwana umwe w’umuhungu.


Ubukwe bw’uyu mugore yabugize ibanga rikomeye cyane ngo ntiyifuzagako byimenyekana ko arongowe ubigira Gatatu.
Oprah yakoze ubukwe n’umugabo w’umuzungu, birinze gutangaza amazina ye nicyo akora.
Nubwo Oprah ubukwe bwe n’uyu muzungu yabugize ibanga ntibabujije kumenyekana kuko yari yatumiye inshuti ze za hafi, bafanya ibyishimo mu birori byiswe “Hail to The Queen” yari yatumiyemo, inshuti ze harimo, Diamond, Wema Sepetu, Aunt Ezekiel nabandi benshi.


Mu mwaka wa 2009 nibwo Oprah yakoze ubukwe na Ndikumana Hamad Katauti wari umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda , Oprah na Katauti babyaranye umwana umwe w’umuhungu witwa Ndikumana Krish, nyuma yo gutandukana na Katauti ,uyu mugore yaje gukora ubukwe n’umuraperi wo muri Tanzania Dogo Janja gusa nawe baza gutandukana .
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook