TWOZA INTEBE, MATELA,AMATAPI N'AMAKARO (Duhamagare cg Utwandikire kuri 0789348058 (Wats app) cg 0784343748 (Call)
============
Nyuma y’igihe bisabwa, u Bubiligi bwavuye ku izima bushyikiriza umuryango wa Patrice Lumumba waharaniye ubwigenge bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iryinyo rye.
Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Kamena 2022, witabiriwe n’Abanye-Congo batandukanye barimo n’abana ba Lumumba (François, Roland na Juliana).


Hari hashize imyaka irenga 60, abenshi mu Banye-Congo n’Umuryango wa Lumumba basaba kubwirwa amakuru y’urupfu rwe ndetse bakanasaba guhabwa n’ibice by’umubiri we byaba bisigaye.
Iryinyo rya Lumumba wishwe afite imyaka 34, ni cyo gisigazwa cy’umubiri we gisigaye kugeza ubu, nyuma y’uko ibindi byose bitwitswe muri acide bikozwe ku kagambane k’u Bubiligi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.




TURAKWAMAMARIZA
Niba uri umucuruzi, umushoramari, Umuhanzi n'abandi bantu bose bifuza kwamamaza, IBYAMAMARE.com turagufasha kwamamaza ibikorwa byawe bigere kubatuye isi yose kuko dusurwa n'abarenga miliyoni 2 buri kwezi, tugukorera inkuru, tukakwamamaza kumbuga nkoranyamba zacu zose harimo facebook, instagram, twiter na Youtube kandi bigakobwa gatatu mu Cyumweru ukwezi kose twamamaza ibyo ukora ndetse dushishikariza abantu kubimenya.
DUHAMAGARE cyangwa utwandikire KURI Wats APP: +250 7830 35616 Cg utwandikire kuri Email : [email protected]
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook