UKENEYE KWAMAMAZA IBIKORWA BYAWE KU KINYAMAKURU CYACU NO KUMBUGA NKORANYAMBAGA DUKORESHA TWANDIKIRE KURI 0788441488
============
Umwarimu muri Kaminuza ya Nigeria, Mohammed Sulaimon usanzwe afite abagore 3 n’abana 18, yatangaje abantu ubwo yavugaga ko mucyumweru kigiye kuza azashaka umugore wa Kane.
Uyu mugabo yavuzeko kurongora abagore benshi biri munshingano ze kuko ngo abagore bose abana nabo basa nabari barabuze abagabo.
Mohammed Sulaimon usanzwe afite abagore 3 n’abana 18, yatangaje abantu ubwo yavugaga ko mucyumweru kigiye kuza azashaka umugore wa Kane.
Yagize ati “Numvishe ari inshingano zanjye kurongora abagore benshi kubera ubuke bw’abagabo n’abasore batifuza kurongora bigatuma abakobwa benshi bagumirwa.”
Mu bana 18 bose amaze kubyara yagiye abita rimwe mu mazina ye murwego rwo kugirango hatazagira undi mugabo uzabiyitirira mugihe azaba atakiriho.
Mohammed Sulaimon ni umwarimu muri College of Education Umar Bin Khattab, Kaduna yatangarije ikinyamakuru The Punch ko yakuze yumva azashaka abagore benshi bityo intego ye akaba agenda ayigeraho.
Tanga Igitekerezo ukoresheje Facebook